Kuri uyu wa Gatanu, Perezida Kagame yakiriye itsinda riturutse mu ishyirahamwe mpuzamahanga rya IAFS (International ...
Ikipe ya Police FC yanyagiye Kiyovu Sports ibitego 4-0 mu mukino w'ikirarane cy'umunsi wa kabiri wa Shampiyona, Rwanda ...
Update Required To play the media you will need to either update your browser to a recent version or update your Flash plugin.
Minisitiri Ugirashebuja kandi avuga ko u Rwanda rwiteguye gukomeza gushyira imbaraga muri uru rwego kugira rukomeza gufasha ...
Update Required To play the media you will need to either update your browser to a recent version or update your Flash plugin.
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Joe Biden, yasabye abakuru b’ibihugu na ba za Guverinoma bateraniye mu Nteko Rusange y’Umuryango w’Abibumbye, guhagarika guha intwaro impande zihanganye muri ...
Ishoramari mu buhinzi n'ubucuruzi bushamikiyeho rigiye kwaguka kurushaho, rive kuri 6% rigere ku 10% mu myaka 5 iri imbere, niba intego za Minisiteri y'Ubuhinzi n'Ubworozi n'abafatanyabikorwa bayo ...
Raporo y'umwaka wa 2024 y'Umuryango Mpuzamahanga w’Itumanaho, ITU ku bijyanye n'umutekano w’ikoranabuhanga, igaragaza ko u Rwanda ruri mu bihugu 5 muri Afurika bihiga ibindi mu gushyiraho amategeko no ...
Abivuriza ku Bitaro bya Mugonero bagaragaje ko bizeye guhabwa serivisi z’ubuvuzi zibanyuze nyuma y’uko kuri ibi bitaro huzuye inzu y’ababyeyi ifite ubushobozi bwo kwakira umubare w’abikubye kabiri ku ...
Umugaba w’Ingabo z’u Rwanda, Gen Mubarakh Muganga, yakiriye mugenzi we wa Seychelles, Brigadier Michael Rosette n’itsinda ...